Abantu 17, barimo abana, bapfiriye mu nkongi y’umuriro yibasiye amashuri ari mu Mujyi wa Bukavu, mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ahagenzurwa n’umutwe wa AFC/M23.
Iyi nkongi yabaye kuri uyu wa Kane, tariki ya 10 Nzeri 2026, aho abatangabuhamya n’inzego...