Uyu muugabo wari uhagarariye inyungu za Afrika y'epfo mu Bufaransa, kuwa 30 Nzeri ni bwo yasanzwe yiciwe hafi y'urugo rwe mu Bufaransa, ni nyuma y'uko umufasha we yari yatangarije inzego...
Ubuyobozi bwa M23, mu itangazo ryashyizweho umukono na Bertrand Bisimwa, bwatangaje ko guhera kuwa 1 Ugushyingo, ubuyobozi bwa M23 butazigera bwemera ukundi impapuro z'inzira zatanzwe na leta ya...
Ambasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, yavuze ko u Rwanda rudateze gukuraho ingamba z’ubwirinzi, mu gihe FDLR igifite ukwishyira ikizana mu Burasirazuba bwa Repubulika...
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yatanze ipeti ku basirikare rya Sous Lieutenant ku basirikare bashya 1029 barimo abakobwa 117 mu Ngabo z’u Rwanda.
Aba ba...
Umunyarwanda witwa Rutayisire Jean Marie Vianney yapfiriye muri kasho y’urwego rw’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rushinzwe iperereza (DEMIAP), i Kinshasa ku wa 1 Ukwakira...
Nimero ya mbere ku Isi mu mukino wo gusiganwa ku magare, Tadej Pogačar, yanze kurya iminwa ahamya ko Shampiyona y’Isi y’Amagare i Kigali iruta iyo muri Australia inshuro 10.
Ibi ni bimwe mu byo...
Umunya Eritrea uri mu bagezweho mu mukino w'amagare, Binyam Girmay,
yagaragaje ko UCI itigeze yita ku banyafrika, aho ayishinja ko imihanda iri muri Kigali itari ikwiye kuba yarakoreshejwe...
N'ubwo kenshi abantu tugira ibibazo bisa n'ibigoye, ariko ibisubizo byabyo burya ntibiba biri kure.
Kuri iki kibazo, hagora gusa kwishakamo imbaraga zemera uko uri n'ikibazo ufite mu rwego rwo...
Nyuma y'imyaka 21,
Umusuwisikazi ni we wa mbere ugiye guhabwa umudari wa zahabu Reusser Marlen, No 7 kuri List hano hasi.
Start and Finish List
Turashimira kandi umukobwa wacu, Nirere Xaverine...
Amakuru aturuka mu bihugu by'abarabu,
ni ay'urugendo Umwami Mswati wa III aherutse kugirira i ABU DHABI. Muri uru rugendo, yaherekejwe n'abagore be 15, hamwe n'abandi bakozi bo mu bwami bwe...
Pourquoi l'AFC a pris le contrôle de la cité stratégique de #NZIBIRA ?
1. Première option #NZIBIRA ouvre la voie vers KINDU par l'itinéraire de Nzibira-Shabunda- Kalima-Kindu.
2e option...
Ubu uyu yari yasezeye umugabo we amubwira ko agiye gusura mugenzi we urembye nyabusa. Uretse n'uwo yagiye gusura atari muzima neza hari uburwayi yari afite, arakira tuuuu.
Ni amagambo yatangajwwe na Kim Jong Un, ubwo yavugaga ko ibiganiro na leta zunze ubumwe za amerika bitamuteje ikibazo, igihe icyo gihgu cyo muburengerazubwa bw'isi kitamuzanaho uburyarya, ngo...