Pata Seca, ni umucakara wahinduwe imashini yo gukora abantu.
Mu kinyejana cya 19, São Paulo muri Brazil, hari umugabo witwaga Roque José Florêncio, wamenyekanye ku mazina y'amahimbano ya Pata...
Ni mu mugambi wo kugarura amahoro muri Congo, aho Perezida Felix Tshisekedi yari yararahiye ko atazagirana ibiganiro na M23.
Finally, abo yita inyeshyamba bamwicaje ku gatebe gashyushye.
!
Mbarushimana Théoneste w’imyaka 30, wigisha mu wa 5 n’uwa 6 w’amashuri abanza muri GS Nyarubuye A, mu Murenge wa Twumba, Akarere ka Karongi, yatawe muri yombi nyuma yo kuregwa n’umunyeshyuri witwa...
Pasiteri Karahamuheto Celestin wo mu itorero Living Hope Church yafunzwe n’umuyobozi w’Akarere ka Muhanga Kayitare Jacqueline, aho yashyizwe mu kigo gifungirwamo inzererezi giherereye i Mushubati...
Burera:Mu murenge wa Kinoni umugabo wari umaze amezi atatu afunguwe azira guhohotera umugore arakekwaho kwica umugore we kuri uyu wa Kane amutemye ijosi .Abahaye amakuru Tv na Radio1 bavuga ko...
Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare mu Rwanda (FERWACY) riri mu biganiro n’Impuzamashyirahamwe y’uyu mukino ku Isi (UCI) ku buryo isiganwa mpuzamahanga rizenguruka igihugu ‘Tour du Rwanda’...