Ku nshuro ya mbere muri Uganda, abaturage babyukiye mu muganda rusange waranzwe n'ibikorwa by'isuku n'isukura mu mujyi wa Kampala ndetse n'aho batuye.
Guverinoma ya Uganda yatangaje ko iki gikorwa kizajya kiba buri wa gatandatu wa nyuma w'ukwezi kuva saa moya kugeza saa yine z'igitondo