Rwanda Forum

Murakaza neza ku rubuga rwa JamiiForums. Nezerwa n'amakuru n'ibiganiro bitandukanye mu rurimi rw'ikinyarwanda
Majoro Evariste Ndayizeye, byemezwa na bamwe mu basirikare bakoranye, ko yari indwanyi kabuhariwe, yamaze kwivuganwa na M23, mu rugamba ihanganyemo na leta ya Congo. Majoro ndayizeye yari umwe mu...
0 Reactions
1 Replies
157 Views
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 11 Gashyantare, 2025, mu burengerazuba bw'u Rwanda, humvikanye amasasu hagati y'igisirikare cy'u Rwanda n'igisirikare cya Congo. Amakur ahari avuga ko igisasu kiremereye...
0 Reactions
1 Replies
187 Views
Umuvugizi wa M23 Lawrence Kanyuka, yatangaje ko MONUSCO ikomeje kubangamira ituze rya rubanda muri Goma. Ni nyuma y'uko ngo abarwanyi bari barahungiye mu kigo cyayo bagera ku 100, baba bararekuwe...
0 Reactions
11 Replies
601 Views
Abadepite ba Afurika y’Epfo basabye Guverinoma yabo kuvana Ingabo z’icyo gihugu, SANDF, mu Burasirazuba bwa Congo kuko icyazijyanyeyo kitazwi niba kiri mu nyungu z’Igihugu cyangwa iza Perezida...
0 Reactions
1 Replies
201 Views
Abadepite ba Afurika y’Epfo ntibanyuzwe n’ibisobanuro by’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’icyo gihugu, General Rudzani Maphwanya, wababwiye ko imirambo y’abasirikare b’icyo gihugu baguye mu mirwano mu...
0 Reactions
1 Replies
271 Views
Umuhuzabikorwa w’Umuryango w’Abibumbye ushinzwe ibikorwa by’ubutabazi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Bruno Lemarquis, yasabye umutwe wa M23 gufungura ikibuga cy’indege mpuzamahanga cya...
0 Reactions
2 Replies
343 Views
Mu rugamba M23 ihanganyemo n'ingabo za leta, nyuma yo gufata umujyi wa Goma, ubu urugamba rukomereje muri Kivu y'epfo. Uyu munsi wa none, mu masaa tatu y'igitondo, nibwo umujyi wa Nyabibwe...
0 Reactions
1 Replies
205 Views
Mu rugamba M23 ihanganyemo n'ingabo za leta, nyuma yo gufata umujyi wa Goma, ubu urugamba rukomereje muri Kivu y'epfo. Uyu munsi wa none, mu masaa tatu y'igitondo, nibwo umujyi wa Nyabibwe...
0 Reactions
1 Replies
227 Views
Perezida wa leta zunze ubumwe za Amerika, DOnald Trump, yasinye itegeko rikura leta zunze ubumwe za Amerika mu muryango w'abibumbye ufasha impunzi, ndetse anategeka ko icyo gihungu gikurwa muri...
0 Reactions
1 Replies
199 Views
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko nta nkunga za USAID zacaga mu ngengo y’imari ya Leta ku buryo bizahungabanya ibikorwa byari byarateganyijwe, ishimangira ko mu gihe hari imishinga ifitiye...
0 Reactions
1 Replies
219 Views
Israel yikuye mu Kanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe uburenganzira bwa muntu (UNHRC) igashinja ivangura, kwibasira iki gihugu no kubogama. Ni icyemezo cyatangajwe na Minisitiri w’Ububanyi...
0 Reactions
1 Replies
210 Views
Nyamasheke-Bushekeri: Mu Gitondo cyo kuri uyu wa Kane , umugabo yishe umugore we wari utwite anica undi mugore w'umuturanyi we , nyuma yica inka ye y'imbyeyi yikingirana mu nzu. Inzego z'umutekano...
0 Reactions
1 Replies
172 Views
Kuri uyu wa gatanu, mu Rwanda hakiriwe abanyarwanda baturutse muri Congo, aho babaga nk'impunzi. Aba banyarwanda,abenshi muri bo ni abavukiye muri Congo. Bavuka ku bahunze 1994. Amakuru ahari cg...
0 Reactions
1 Replies
143 Views
Kubera imirwano iri muri Kivu y'amajyepfo, u Burundi bwatangaje ko guhera uno munsi umupaka ubuhuza na Congo wafunzwe mu rwego rwo kugira ngo umutekano urusheho kubungabungwa
0 Reactions
1 Replies
134 Views
Bamwe mu batuye mu Mujyi wa Bukavu baravuga ko abayobozi n’abanyamafaranga bahungishirije imiryango yabo mu Mujyi wa Bujumbura n’ahandi. Amashuri, amaduka ndetse n’amabanki byafunze. Abanya-Bukavu...
0 Reactions
2 Replies
195 Views
https://x.com/IGIHE/status/1888141960302805326
1 Reactions
1 Replies
147 Views
https://x.com/TheFactTV_/status/1888111031001526651 Abaturage bo mu mujyi wa Goma barifuza ko ubuyobozi bushya bwabafasha gukora umukwabo wo gushaka imbunda zose ziri mu mujyi wa Goma. Ni imbunda...
0 Reactions
1 Replies
182 Views
Kuri uyu wa gatanu, imirambo y'abasirikare ba Afrika y'epfo baguye muri Congo, nibwo yanyujijwe mu Rwanda kugira ngo icyurwe iwabo. Ni nyuma y'igihe hashakishwa uburyo bwo kubahavana ariko...
0 Reactions
3 Replies
198 Views
Mu gihe hari abafungwa iminsi 30 y’agateganyo iteganywa n’itegeko ariko bakayirenza bataraburana, kandi bagifunzwe , Minisitiri w’ubutabera avuga ko hari ubwo ibikenewe biba bitaranozwa, bityo...
0 Reactions
1 Replies
113 Views
Ntabwo DRC izaducecekesha mu gihe cyose ishaka gukuza ikibazo cy'umutekano wacu. Uretse na yo kandi, nta muntu uzaducecekesha. Twingingaa Congo n'abayobozi bayo,imyaka ibaye myinshi. Twabagize...
0 Reactions
1 Replies
186 Views
Cookies are required to use this site. You must accept them to continue using the site. Learn more…